in

Abantu Imana yiremeye bakomeje kumarana: Mudugudu yapfuye urwagashinyaguro akubiswe isuka mu mutwe, icyatumwe yaswa iyi suka cyamenyekanye 

Abantu Imana yiremeye bakomeje kumarana: Mudugudu yapfuye urwagashinyaguro akubiswe isuka mu mutwe, icyatumwe yaswa iyi suka cyamenyekanye

Mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 10 Nzeri 2023, Nibwo mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Gatsibo akagari ka Manishya humvikanye inkuru mbi y’urupfu rw’umukuru w’umudugudu bikekwa ko yishwe n’umuturanyi we.

Bamwe mu baturage batuye mu mudugudu nyakwigendera yari abereye umuyobozi, Babwiye BTN dukesha aya makuru ko uru rupfu rwaje nyuma yuko uyu Harambumubano ukekwaho ubwicanyi yari avuye ku biro byakagari aho yari yajyanywe nyuma yo gushyamirana nuwo bashakanye.

Amakuru akomeza avuga ko uyu mugabo ukekwaho ubwicanyi yaje kugurira inzoga yamafaranga magana atatu uwari umurinze ngo adatoroka noneho ahita ajya mu rugo rwe aribwo yahahuriraga na Mudugudu agahita amukubita isuka mu mutwe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ariko genda uzi kwihoma wa mukobwa we” Ariel Wayz nyuma y’ubutumwa yageneye Juno Kizigenza bahoze bakundana abenshi babibonye nko gukomeza kumwizirikaho amwihom ho

Amarushanwa aragwira! Irushanwa ryo gushaka umunebwe wa mbere rikomeje gutangaza abatari bake bari kuryumva