in

Mister Rwanda yatangarijwe igihe izasubukurirwa

Umuvugizi wa mister Rwanda yatangaje ko abasore Bose bazajya mu itorero mugihe tuzaba tuvuye mu cyumweru cyo kwibukwa jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994.

 

Uyu muvugizi uhagarariye mister Rwanda ibi yabivuze ubwo yarari mu kiganiro kuri radiyo imwe hano mu Rwanda.

Mugisha innocent yagize ati”abasore Bose uko ari 78 bazajya mu itorero tuvuye mu cyumweru cyahariwe kwi buka inzirakarengane za jenoside zishwe muri mata 1994 nibwo Bose uko bangana bazahita berekeza ku rugerero ari naho hazatangazwa gahunda zikurikira”

Ibi rero bika bike nyuma Yuko amajonjora ya Mister Rwanda arangiye hose muturere ndetse n’umujyi wa Kigali mbese ni uwuhe musore uzegukana inzu mu mujyi wa Kigali.

 

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Barcelona mu byishimo by’inshi

Ariel wayz yari umuntu w’ingenzi cyane mu buzima bwange amagambo ya junokizigenza