in

Aratsinda aracenga mu kibuga ntacyo adatanga! APR FC itegereje i Kigali umukinnyi karundura ukomoka mu gihugu cya Colombia witiranwa na CR7

Ikipe ya APR FC itegereje i Kigali rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Colombia utsinda akana shimisha abafana.

Rutahizamu Edwin Ronaldo Ariza Cabezas ukomoka mu gihugu cya Colombia akina ataha izamu aciye ku mpande, bivuze ko akina iburyo ndetse n’ibumoso.

Amakuru dufite kandi yizewe ni uko yamaze kurangizanya na APR FC, ngo ategerejwe i Kigali mu minsi micye gushyira umukono ku masezerano.

Iyo ukurikiye Aho Edwin Ronaldo yakinnye ubona ntabitangaza yakoze kuko umwaka ushize nta n’ikipe yari afite akinira, bivuze ko aje muri APR amaze umwaka nta kipe.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC umweyo igiye gukubuza urasiga mbarwa! Urutonde rw’abakinnyi 11 bagiye kwirukanwa mu ikipe ya APR Fc

Byamushimishije cyane! Hakim Sahabo w’ikipe y’igihugu Amavubi wakiniraga Lille yo mu Bufaransa, yamaze gusinyira indi kipe ikomeye ku Isi