in

Mama Nick avuze ikintu cyamubabaje kurusha ibindi nyuma yo gukora impanuka

 

Mukakamanzi Beatha wamenyekanye ku izina rya Mama Nick muri filime nyarwanda y’uruherekane ica kuri Televiziyo Rwanda yitwa City Maid yatangaje ikintu cyamubajije kurusha ibindi byose havuyemo filime nyuma gukora impanuka.

Mama Nick mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Murindahabi Irene kuri YouTube channel yabajijwe ikintu cya mubabaje kurusha ibindi nyuma yo gukora impanuka akuyemo gukina filime maze agira ati:” Ikintu cyambabaje ntukuba nta kenyeye ngo na mbare urugori kandi warambeshye umukazana”.

Mama Nick avuga ko ajya gukora impanuka yari agiye guhura n’umunyamakuru Murindahabi Irene ari nabwo yahise amabwira ko ikintu cyamubabaje aruko yumvaga atazakenyera ngo yambare urugori mu ubukwe bwa Murindahabi Irene.

Mama Nick yabwiye umunyamakuru Irene ko yamubeshye ubukwe ndetse biri mu bintu byari bimuhangayikishije ubwo yaramaze gukora impanuka akabagwa igufwa ry’ikibero dore ko ubu uyu mubyeyi ari kugendera mu mbago.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kayishema Tïty Thierry yavuze ikintu gitangaje azakora Arsenal niramuka itwaye igikombe

Ni imiturika gusa gusa! Ihere ijijo imodoka 4 z’inguruka butaka Sadio Mane yibitseho