in

APR FC yisanze mu itsinda rikinika muri CECAFA Kagame Cup

APR FC iri mu makipe ahabwa amahirwe yo gutwara CECAFA nyuma y’uko amwe mu makipe akomeye yo muri Tanzania n’andi yari yatumiwe, atabashije kuboneka.

Amakipe nka Yanga SC, Simba SC na AZAM FC za Tanzania; TP Mazembe ya RDC na Red Arrows ya Zambia ntabwo azaboneka.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga 2024, tombola y’amakipe azakina CECAFA yasize APR FC yisanze mu itsinda ririmo amakipe nka Sports Villa Club yo muri Uganda, Singida Black Stars yo muri Tanzania na Al Merreikh FC-Bentiu yo muri Sudan.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje akayabo k’amamiliyoni yavuye mu kugurisha imyambaro yayo

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X w’i Kamonyi yagishije inama RIB ayibwira ko asanzwe ari umujura kabuhariwe maze RIB nayo imugira inama nzima