in

Apr Fc yihaye ibyo gutegura US Monastir birangira ikubiswe itaha amaguru adakora hasi

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 18 Nzeri 2022 nibwo ikipe ya APR FC yasezererwaga na US Monastir yo muri Tunisia mu marushanwa y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa, CAF Champions League.

Ni umukino wabaye ku munsi w’ejo hashize aho APR FC yanyagiwe ibitego 3 ku busa birangira isezerewe ku bitego bitatu kuri kimwe yari yatsindiye mu Rwanda.

Ikipe ya APR FC yakuwemo yari yakoze ibishoboka byose kugira ngo irebe uburyo yakuramo US Monastir gusa ariko byaranze.

APR FC yari yateguye kubeshya abantu ko MUGUNGA Yves yavunitse kugira ngo bice US Monastir gusa ariko iyo mitwe ishaje ntacyo yafashije APR FC ihorana intego zo kugera mu matsinda y’imikino nyafurika.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hahiye; Miss Nishimwe Naomi yagaragaye afite agahinda nyuma y’uko umukunzi we amuciye inyuma ahibereye (Videwo)

Rayon Sports yateguye umukino ukomeye cyane muri iki cyumweru