in

APR FC yasinyishije umuzamu mushya

Ikipe ya APR FC ikina shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yatangaje ko yasinyishije umuzamu Pavelh Ndzila ukomoka muri Congo Brazaville.
APR FC ibyinjujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yagize iti”
APR FC yiyongeyemo amaraso mashya mu barinda izamu ubwo yasinyishaga Pavelh Ndzila umunyezamu ukomoka mu gihugu cy’u Congo Brazaville wasinye amasezerano y’imyaka 2

Nyuma y’isuzuma ry’ubuzima ryimbitse, APR F.C yasinyishije amasezerano uyu munyezamu w’Umunyamahanga wakiniraga ikipe ya Etoile du Cong”.
Pavelh Ndzila yabaye umukinnyi wa kane usinyiye APR FC

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Yakangutse: Urucaca rwasinyishije umunyamahanga wa gatatu

Ibiro byavuzaga ubuhuha! Ikipe ya APR WVC yabuze igikombe mu maherere – AMAFOTO