in

APR FC yasinyishije Umunya-Cameroon

Ikipe ya APR FC yatangaje ko yasinyishije rutahizamu witwa Joseph Vianney Apam Mojahoun ukomoka muri Cameroon.
Uyu rutahizamu w’imyaka 24 aje muri iyi kipe avuye mu ikipe yitwa APAJES.
Uyu abaye umukinnyi wa Gatandatu uje muri APR FC muri iyi mpeshyi.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntazongera kwisangiza no kwirarana! Ihere ijijo ubwiza bw’umwari ugiye gutuma producer ukomeye hano mu Rwanda areka kuba ingarama kirambi

“Nubwo imyaka yamujyanye ariko nti bimubuza kwambara ngo aberwe” Amafoto mashya ya Butera Knowless yagaragaje ko nawe akomeje ku byibuha cyane cyane ku gice cy’inyuma(Nyash)-AMAFOTO