in

APR FC yasinyishije umukinnyi none yaciye igikuba iwabo bibaza ukuntu umukinnyi yaza gukina mu Rwanda kandi ari we mwiza Shampiyona yabo yari ifite

APR FC yasinyishije umukinnyi none yaciye igikuba iwabo bibaza ukuntu umukinnyi yaza kugikana mu Rwanda kandi ari we mwiza Shampiyona yabo yari ifite

Ikipe ya APR FC nyuma yo kuba ishaka kugera kure muri CAF Champions League uyu mwaka yamaze gusinyisha rutahizamu ukomeye wakinaga i Burayi ndetse uhamagarwa mu ikipe y’igihugu ya Nigeria witwa Victor Mbaoma.

Uyu rutahizamu kuva yasinyira ikipe ya APR FC, ntabwo abakunzi b’umupira w’amaguru muri Nigeria iwabo bumva ukuntu umukinnyi mwiza nk’uyu yasinyira ikipe yo muri Afurika y’iburazirazuba atari nibura iyo muri Tanzania nibura Yanga Africans cyangwa SIMBA SC kuko ngo nizo bazi.

Ibi byagaragaye ubwo umwe mu banyamakuru ba Nigeria yasangizaga iyi nkuru abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, abenshi bakagaragaza imbamutima zabo kuri iyi nkuru bibazo uko uyu mukinnyi yafashe umwanzuro wo kuza gukina mu Rwanda ndetse no mu ikipe itazwi cyane muri Afurika.

Rutahizamu Victor Mbaoma yavuze tariki 20 Nzeri 1996, afite imyaka 26. Uyu rutahizamu yakiniye amakipe arimo Remo Star FC, Akwa United, Enyimba FC, MC Algiers, ubu yakiniraga Qizilqum Zarafshon ubu ni umukinnyi wa APR FC.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu azakora ibyananiye se muri nyamukandagira! Umwe mu bakinnyi bari burekurwe na APR FC yerekanye imfura ye uzamusimbura mu kibuga mu minsi iri imbere (AMAFOTO)

RIP: Icyamamare mu mikino njya rugamba ya Kaci kitabye Imana