in

APR FC yamaze kuyora ifaranga, igeze kure ibiganiro n’umwe mu bakinnyi basezerewe na Kiyovu Sports kubera ubugambanyi

APR FC yamaze kuyora ifaranga, igeze kure ibiganiro n’umwe mu bakinnyi basezerewe na Kiyovu Sports kubera ubugambanyi.

APR FC igiye gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga, igeze kure ibiganiro na Nshimiyimana Ismael Pitchou.

Amakuru ahari ni uko ibiganiro byagenze neza ko ntagihindutse vuba aha arakora ikizamini cy’ubuzima abone no guhita asinya.

Bivugwa ko APR FC na Pitchou bumvikanya miliyoni 40 z’amafaranga y’u Rwanda ubundi agasinya imyaka ibiri.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ni ibanga ry’akazi” Umukinnyi wo mu kibuga hagati wifuzwa bikomeye cyane na Rayon Sports, yagize icyo avuga ku bijyanye n’akazoza ke

“Abinkwakuzi intoki zari zagezemo kare” Umuhanzikazi yagiye ku rubyiniro yambaye impenure arangije yinaga mu bafana be abinkwakuzi bahita bashora intoki mu myanya ye y’ibanga(Videwo)