in

APR FC yamaze gusezerera umwe mu bari abakozi bayo

Ikipe ya APR FC yaraye isezereye Masabo Michel uwari umunyamabanga wayo ku mirimo ye nyuma y’imyaka ikabakaba itatu kuri iyi mirimo.

Biravugwa ko yazize kuba ashaje, vuba haratangazwa uzamusimbura.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fuso yari itwaye inka yishe abantu batatu n’inka 18 mu mpanuka ikanganye

Amashusho ya Mr Ibu aho arwariye n’uburyo abayeho akomeje gutera agahinda mu mitima ya benshi – Amashusho