in

APR FC yahishuye icyatumye isinyisha Ssekiganda muri Mutarama 2025, ikamwerekana muri Kamena

Brigadier General Deo Rusanganwa, umwe mu bayobozi ba APR FC, yatangaje ko iyi kipe yasinyishije umukinnyi wo hagati w’Umugande Ronald Ssekiganda muri Mutarama 2025.

Yavuze ko bahisemo kumwihutira kubera ko hari andi makipe yo hanze yari yatangiye kwifuza uyu mukinnyi.

Ati: “Twabonye ko andi makipe yo hanze amwifuza, natwe duhitamo kumwegukana kare.”

Ssekiganda yari kapiteni wa SC Villa muri Uganda, akaba ari umwe mu bakinnyi bafite ubunararibonye APR FC yitezweho gufasha mu mikino ya CAF Champions League.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Taher wa Al Ahly yabuze amahirwe yo guhura na Messi nyuma yo guhagarikwa!

APR FC na Rayon Sports zigiye kongera gucanira ishusho y’umwaka w’imikino wa 2025/2026

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO