in

APR FC yafashe itike yo kwinjira kuri Police FC iyishyira ku giciro kingana n’ikiro cy’umuceri kugirango abafana babe benshi

APR FC yafashe itike yo kwinjira kuri Police FC iyishyira ku giciro kingana n’ikiro cy’umuceri kugirango abafana babe benshi

Umukino ikipe ya APR FC irakina kuri uyu wa mbere n’ikipe ya Police FC, yamaze gushyira hanze ibiciro byo kwinjira kuri uyu mukino.

Ni umukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ugomba kubera kuri Sitade ya Kigali Pelé Stadium aho ikipe ya APR FC isanzwe yakirira imikino yayo kugeza ubu.

Ikipe ya APR FC kugeza ubu yamaze gutangaza ibiciro byo kwinjira aho biraba ari ibihumbi 2 ahasanzwe, Ibihumbi 5 ahatwikiriye, ibihumbi 10 muri VIP ndetse n’ibihumbi 20 muri VVIP.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ferwafa yigaragaje ubwo yafataga umwanzuro wo kwanga ibyo Senegal ishaka kubakorera

Kubera kutiyizera ku ndeshyo ye, umunyarwenya Eric Omondi yisunze udutebe ubundi aduhagararaho kugira ngo abafana bamubone (AMAFOTO)