in

APR FC yacunze abantu basinziye! Bwa mbere APR Fc yerekanye umukinnyi w’umunyamahanga wa mbere yasinyishije ku mugaragaro – AMAFOTO

Bwa mbere umukinnyi w’Umurundi witwa Ismael Pitchou ni we mukinnyi mushya APR FC yerekanye.

Uyu musore abaye umunyamahanga wa mbere APR FC yemeje ko iguze nyuma y’imyaka 11 ikinisha abanyarwanda gusa.

Ismael Pitchou yamaze gusinyira ikipe ya APR Fc, igihe kingana nk’imyaka 2, akaba agiye kuyifasha mu mikino ya CAF Champions League.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ayiweee umugabo wange nzagukunda iteka” umugabo yanogeje inshingano z’urugo ubundi umugore arasakuza umudugudu wose urabyumva bamwe baza gutora ubusurira

Ubanza atungaho igahita yinjira! Diamond Platinumz ari kwitegura kwibaruka undi mwana agiye kubyarana n’umukunzi we