in

APR FC isinyishije undi mukinnyi w’igitangaza

Ikipe ya APR FC isinyishije rutahizamu ukomeye nyuma y’igihe kinini bivugwa ko bamaze kumvikana.

Umurundi Ndikumana Danny wigaragaje cyane mu mikino ya EAPCCO akinira RUKINZO FC, kugeza ubu ni umukinnyi w’ikipe ya APR FC mu gihe cy’imyaka 2.

Uyu musore yiyongeye kuri Taddeo Lwanga na Nshimiyimana Ismael Pitchou berekanywe ku munsi w’ejo hashize mu masaha y’ijoro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC nyuma yo gusinyisha abanyamahanga , yasinyishije n’umunyarwanda wa mbere

Ntakozwa ibyo kwambara ikariso! Umunyarwandakazi Dabijou uzwiho kugira imiterere irangaza benshi, yagaragaye yambaye akenda kabonerana umubiri wose nta kariso yambariyemo – AMAFOTO