in

APR FC inyagiwe imvura y’ibitego basohoka isoni zabishe

APR FC inyagiwe imvura y’ibitego basohoka isoni zabishe.

Ikipe ya PYRAMIDS FC inyagiye APR FC imvura y’ibitego.

PYRAMIDS FC itsinze APR FC ibitego bitandatu kuri kimwe.

Wari umukino wo kwishyura mu w’ijonjora rya CAF Champions League.

Ibitego bya PYRAMIDS FC byatsinzwe na Mostafa Fathy watsinze bine wenyine [18’, 56’, 62’, 82’] Walid El Karti [ 21’] na Mohamed Chibi [70’]

Kimwe rukumbi cya APR FC cyatsinzwe na Victor Mbaoma ku munota wa 86’ kuri penaliti.

APR FC yahise isezererwa muri CAF Champions league 2023/2024.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umugore ubyaye 2 yiyandagaza kukarubanda avuga amagambo agayitse nkaya?” Shaddy Boo yakijweho umuriro n’abakoresha urubuga rwa X yahoze ari Twitter bamuziza amagambo yatangaje ubwo yageragezaga kuvugira The Ben uri mu Burundi

Ariko ni mukuru wanjye! Bruce Melodie ashyize hanze ukuri ku bimuvugwaho we na The Ben