in

APR FC abo yirukanye yatangiye kubohereza mu ikipe ikomeye ihora inganye na Rayon Sports hano mu Rwanda

APR FC abo yirukanye yatangiye kubohereza mu ikipe ikomeye ihora inganye na Rayon Sports hano mu Rwanda

APR FC nyuma yo kuvugwa ko yatangiye gutanga amabaruwa, abakinnyi itazakoresha umwaka utaha w’imikino yabatije mu ikipe ihora ihanganye na Rayon Sports.

Hashize igihe kitari gito bivugwa ko abakinnyi APR FC izasezerera yamaze kubahereza amabaruwa ariko byari ibinyoma kuko ngo ntabwo iyi kipe izigera ibikora gutyo ahubwo izajya ibatiza mu makipe yandi kugirango ise nkibaha icyubahiro cy’uko bayihesheje igikombe umwaka ushize.

Mu bakinnyi bivugwa ko APR FC igiye gutandukana nabo, yatangiye kubatiza mu ikipe ya Mukura Victory Sports. Amakuru YEGOB dufite ni uko uwitwa Mugunga Yves, Byiringiro Gilbert ndetse na Ishimwe Anicet bari mu bo iyi kipe yahereyeho itiza.

APR FC ibi yabikoze nyuma yo gutangira gutangaza kumugaragaro ko yamaze gusinyisha uwitwa Taddeo Lwanga ndetse na Nshimirimana Ismael Pitchou yatangaje ku munsi w’ejo hashize, ndetse abandi bakaba bari mu nzira yo gutangazwa.

 

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo yisondetse pe! Dore ubwiza n’ikimero by’umunyamakuru bivugwa ko ari mu rukundo na Christopher (Amafoto)

Akungo gashaje niko karyoshya imboga! Zari Boss Lady uri mu byamamare bikuze ntiyita kumyaka ye uhubwo arekura amafoto y’ikimero cye atitangiriye itama (AMAFOTO)