in

Anita Pendo yongeye kurikoroza nyuma y’amashusho yagiye ku karubanda ari kubyinana n’umunyamakuru mugenzi we bakubana umubiri ku wundi – VIDEWO

Anita Pendo usanzwe ari umunyamakuru, umushyushyarugamba ndetse akaba n’umuvanzi w’imiziki ‘DJ’, yarikoreje nyuma yo kugaragara mu mashusho ara kubyinana n’umunyamakuru mugenzi we.

Anita Pendo yagaragaye ari kubyinana na Murindwa Augustine basanzwe bakorana kuri Magic FM.

Babyinnye umubiri ku wundi gusa Murindwa wari wagize isabukuru, yaje guhabwa urwamenyo kubera ukuntu yananiwe kumanuka ngo agere hasi nka Anita Pendo.

Anita Pendo yahise aboneraho kwifuriza Murindwa isabukuru y’amavuko, yagize ati “Isabukuru nziza y’amavuko Murunda Augustine, Imana iguhaze uburame, iguhe amafaranga n’umugore.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: APR FC imaze gutangaza kapiteni wayo mushya abantu batigeze batekereza

Ubanza biyunze pe! Ikipe ya APR FC yashyizeho Kapiteni mushya ugomba kuyobora abandi uyu mwaka w’imikino