in

Anita Pendo yerekanye tattoo iri mu mugongo we maze abayibonye batungurwa n’amagambo yari yanditseho [AMAFOTO]

Ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Gen-Z comedy, umunyamakuru Anita Pendo yerekanye tattoo iri mu mugongo we.

Iyi tattoo yatunguye abatari bake kubera ibiyigize.

Iyi tattoo iri mu mazina y’abana be babiri, Tiran na Bryan.

Ni tattoo iri mu mugongo we, aho ari amazina y’abana be b’abahungu yabyaranye n’uwahoze ari umuzamu muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, Ndanda.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Ubabonye wagirango ni impanga! Dore ifoto ya Okkama akiri uruhinja irikumwe n’iyu umuhungu we

“Ntiba umutipe yari amaze kubona icyo ashaka se yari kuba akimubaza iki”! Shaddyboo mu menyo y’abasetsi nyuma y’ibivugwa ko yatandukanye n’umukunzi we -AMAFOTO

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO