in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Anita Pendo yavuze uko yabwiye abana be nyuma yuko babonye ko Papa wabo yambitse impeta undi mukobwa

Hashize iminsi Ndanda wabyaranye na Anita Pendo yambitse impeta umukobwa kuri ubu benda kurushinga. Iyi ni inkuru yavuzweho cyane ndetse na Anita Pendo agira icyo ayivugaho aho yagarutse ku kuvuga ko we na Ndanda batandukanye mu mwaka wa 2018 gusa akaba yarishimiye intambwe yateye mu buzima yo gushak uwo bakubakana urugo.

Anita Pendo mu kiganiro yagiranye na Yago Tv show yavuze ko ubwo abana be Tiran na Ryan babonaga Papa wabo yambitse impeta undi mukobwa, bahise bamubaza uriya mukobwa Papa wabo yambitse impeta mu magambo agira ati « Mama uriya ni cheri wa Papa? ». Anita Pendo nawe ntiyazuyaje yahise abemerera mu magambo agira ati « Yego! ».

Anita yongeyeho ko ibyo ababyeyi batumvikanyeho bidakwiye kugira ingaruka ku bana babo. Yongeyeho kandi ko we yiyemeje kubwiza abana be ukuri kose ku buryo ntakintu ajya abahisha

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yashyingiranwe n’umuhungu we yibyariye kubera impamvu isekeje.

Ibyo Asinah ashaka ko abantu batamupostinze ku isabukuru ye bazakora nyuma y’urupfu rwe