in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Anita Pendo yavuze ku rukundo rwe anagira ibyo abwira abavuga ko bazi neza ko nta mukunzi afite

Mu kiganiro Magic Morning gica kuri Radio Magic Fm, Anita Pendo yakomoje ku bantu bavuga ko bazi ubuzima bwe bwose ndetse bakanashimangira ko nta mukunzi afite.

Anita Pendo yavuze ko ubuzima bwe abantu bazi ari ubwo abereka gusa ko badakwiye kuvuga ko ubuzima bwe babuzi bwose ndetse ko badakwiye kuvuga ko nta mukunzi afite kuko abishatse babimenya ko amufite ndetse atanabishatse ntabwo babimenya.

Nubwo Anita Pendo yavuze aya magambo ariko yavuze ko kuri ubu nta mukunzi afite ndetse anavuga ko naramuka amubonye azabibwira abafana be n’abakunzi be.

Anita Pendo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: abamutoteza bamwita inyamaswa kubera amazuru ye, ishavu ry’umubyeyi we.

Messi yagaragarije amarangamutima akomeye Fc Barcelona