in

Anita Pendo na Karyuri basusurukije abitabiriye igitaramo Amag Theblack yamuritsemo Album ye yise Ibishingwe – AMAFOTO

Umuraperi Amag Theblack umaze igihe kinini mu muziki nyarwanda yamuritse Album ye ya Gatanu yise Ibishingwe.

Iyi Album ye Amag yasobanuye ko washibutse ku gahinda yatewe na Producer Piano The Groove Man wamusiragije akamushoreza rushorera.

Iki gitaramo cyabereye muri Gift Restaurant, iri muri City Tower, cyarimo n’abandi bahanzi nka Rafiki ‘Coga style’, Eric Senderi, Yaung Grace ndetse n’abandi.

Mc Dj Anita Pendo niwe wari umushyushyarugamba, ku rubyiniro hagaragaye n’ububyinnyi Karyuri.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwababona basimbuka! Ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore yananiwe ikipe y’abana bari munsi y’imyaka 15 (AMAFOTO)

Banasomanye mu ruhame bumva ko bikimeze nka mbere: Bahavu Jeanette yagarutse mu Rwanda maze umugabo we yerekana ko yari amukumburanye n’ibye byose (AMAFOTO)