in

Anita Pendo abyinishije ikibuno abasore babira icyuya, muri studio za Magic FM habyiniwe ibyino zidasanzwe(videwo)

Umushyushyarugamba ukaze hano mu Rwanda akaba n’unyamakuru kuri radiyo Magic FM na television Rwanda Anita Pendo utajya wiburira, kiri ubu inkuru igizweho ni amashusho yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram ari muri studio na bagenzi be bakorana kuri Magic FM Japheti Mpazimaka n’umunyamakuru mushya bakorana witwa Sano ndetse na Dj Dallas.

Beri bari muri studio bari kubyina bifata videwo, buri wese yagagazaga ubuhanga bwe mu kubyina maze Anita Pendo abakubitira ikibuno arakizunguza ivumbi riratumuka maze abasore babira icyuya, buri wese yabyinaga ibye gusa igitangaje ni uburyo Dj Dallas yabyinagamo yigana abakobwa.

Bigeze hagati agashya kabaye ni uko telephone bakoreshaga bafata amashusho yaje kugwa hasi gus nta kibazo yagize maze barongera bakomeza kubyina banifaya videwo.

Gusa na Japheti utajya w’iburira ibyino ye nayo yari agatangaza, agiyeho maze mu ngano y’ikibuno cye arakizunguza koko byari ibicika. Reba videwo:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
BENDA Ivan
BENDA Ivan
1 year ago

Abanditsi mwigize ibicyi
Ubwo uhebwa angahe kuburyo utangira gutuka abantu NGO naba swa
Niwowe wibwirako ugira inkuru nziza kuburyo abantu Bose baza kuyiba wamburamukorowe
Ninayo mamvu ibinyqmakuru byanyu bitazatera imbere ..
@MUGISHA BENJAMIN

Abasore b’amavubi(U23) bemerewe ibyamirenge ni baramuka basezereye ikipe ya Mali

Mugabo, Mugore kora imibonano mpuzabitsina buri gitondo kugira ngo ubone ibi bidasanzwe ku buzima bwawe