in

Mugabo, Mugore kora imibonano mpuzabitsina buri gitondo kugira ngo ubone ibi bidasanzwe ku buzima bwawe

Abagabo benshi bubatse ntibakunda gukora imibonano mpuzabitsina n’abagore babo mu gitondo, gusa ariko hari ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina mu gitondo.

Twaguteguriye ibintu 3 byiza biza kuri wowe mugabo nawe mugore iyo mukoze imibonano mpuzabitsina mu gitondo.

  • Bitera kugira umunsi mwiza

Iyo umugore n’umugabo bakoze imibonano mpuzabitsina mu gitondo ikagenda neza buri wese akanyurwa bituma birirwana akanyamuneza umunsi wose, haba mu kazi ndetse no mu rugo.

  • Ubyara umuhungu

Ubushakashatsi bwemeza ko iyo umugabo akoze imibonano mpuzabitsina n’umugore we mu gitondo ko akenshi babyara abahungu kubera ko umugabo aba yaruhutse bityo rero intanga ze zikiganza iz’umugore hakavuka umuhungu.

  • Bivura umunaniro uterwa n’inzoga (Hangovers)

Iyo waraye unyweye inzoga nyinshi ukabyuka ukora imibonano mpuzabitsina bituma inzoga zigushiramo vuba kuko kiriya gikorwa gufatwa nka siporo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo abyinishije ikibuno abasore babira icyuya, muri studio za Magic FM habyiniwe ibyino zidasanzwe(videwo)

Nishimwe Naomi yagize ati “Ntuzigere wicuza ko uri mwiza” dore amwe mu amagambo y’ubwenge Miss Naomi yavuze