in

Andi mafoto yo mu muhango wo gusaba no gukwa w’umunyamakuru Cyuzuzo ukorera KISS FM

Ku munsi w’ejo nibwo umunyamakuru Cyuzuzo Jeanne d’Arc ukorera Radio 102.3 Kiss Fm yasabwe akanakobwa n’umukunzi we, Thierry, mu birori byari bibereye ijisho byabereye nj karere ka Huye.

Twifuje kubakusanyiriza amafoto y’uko ibi birori byari bimeze ngo namwe mwihere amaso.

Ayo mafoto twabahitiyemo ni aya akurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusaza w’imyaka 66 yataye ubwenge ajyanwa kwa muganga ubwo yateraga akabariro ashaka kwemeza madamu we

Umwarimukazi yatwitse ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’ibyo yagaragaye arimo gukora n’abanyeshuri