in

Andi mafoto mutabonye y’ubukwe bw’umuhanzi Emmy n’umukunzi we.

Nsengiyumva Emmanuel uzwi nka Emmy mu muziki ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda babarizwa muri Amerika ari naho akorera muzika, amaze iminsi mike arushinze na Umuhoza Joyce (Hoza) mu bukwe bwabereye mu murwa mukuru wa Dar es Salaam ku kirwa cyo muri Tanzaniya tariki 19 Ukwakira 2021.

Kuri ubu uyu muhanzi yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yasangije abamukurikira amwe mu mafoto yaranze umuhango wo gusaba no gukwa uyu mukunzi we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: umusore w’imyaka 21 yari agiye kwiyahura ku nkundamahoro.

Producer Junior Multisystem aribazwaho nyuma yo kunanuka biteye ubwoba(AMAFOTO)