in

Amazi arashyuha niyibagirwa iwabo wambeho; Zinedine Zidane mu nzira zimusubiza gutoza ikipe yagize nkiye Real Madrid

Umutoza ukomoka mu Bufaransa wigeze gutoza Real Madrid, Zinedine Zidane, ashobora gusubira gutoza iyi kipe.

Imiryango ya Zinedine Zidane irafunguye muri Real Madrid mu gihe cyose yaba abishaka kuyisubiramo, akajya kongera gukora amateka nk’ayo yakoze ubwo aherukayo ari nk’umutoza.

Perezida wa Real Madrid Florentino Perez yiteguye kumuha akazi ako ari ko kose, ariko akongera kuba iruhande rwe.

Uyu munyabigwi muri Real Madrid yakoze amateka mu mupira w’amaguru aba umutoza wa 2 ukoze ibyo bintu, yahesheje Real Madrid ibikombe 3 bya Champions League byikurikiranya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo yagize ingeso bimukozeho, Umugabo yafashwe ari gutanga ruswa y’amafaranga k’umuporisi

Umuzamu Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ wari umaze amezi 6 ari umushomeri yamaze gusinyira ikipe nshya izamufasha kongera guhamagarwa mu Amavubi