in

Amazi arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Kylian Mbappé ari kugirira ibihe byiza mu gihugu cya Cameroon se avuka mo 

Amazi arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Kylian Mbappé ari kugirira ibihe byiza mu gihugu cya Cameroon se avuka mo

Kuva kuri uyu wa Kane, Kylian Mbappe wahawe ultimatum na PSG yo kuba yabasinyiye cg bakamuteza ari muri Cameroun mu gihugu cy’amavuko cya se, Wilfrid.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, Mbappe aragaragara mu mukino na FC Vent d’Etoudi yo mu cyiciro cya kabiri iyoborwa na Yannick Noah.

Kuwa 6 azajya i Douala asure ishuri ry’abana batumva ubundi yerekeze

Djebalé, agace se yavukiyemo akabamo igihe gito mbere yo kujya mu Bufaransa.

Mbappe ari mu bikorwa byo gufasha, guha agaciro ubutaka bwibarutse se.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iki nicyo cyabahima: Nyuma ya Uganda hari ikindi gihugu cyo muri Afrika cyashyize ho itegeko rikakaye rihana abatinganyi ndetse n’abaziha kuzana ibyo kubavugira bazahanwa igihano gikubye gatatu ikizahabwa umutinganyi nyirizina 

Umukinnyi wa Rayon Sports yaherewe i gihembo muri Uganda _ AMAFOTO