in

Amavubi twagiye mu gikombe cy’isi: Iminsi yari imaze kuba 980 Amavubi atabona amanota atatu none ayabonanye n’amahirwe yo kujya mu gikombe cy’isi

Amavubi yatsinze Afurika y’Epfo ibitego 2-0 bya Nshuti Innocent na Mugisha Gilbert, ayobora Itsinda C n’amanota ane, akuriwe na Bafana Bafana igumanye amanota atatu.

U Rwanda ruzasubira mu kibuga muri Kamena 2024 rusura Benin na Lesotho mu mikino y’Umunsi wa Gatatu n’uwa Kane.

Undi mukino wabaye muri iri tsinda, warangiye Lesotho inganyije na Benin ubusa ku busa.

Amavubi yari amaze iminsi 980 adatsinda umukino.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukanemeye Madeleine w’imyaka 97 yishimiye intsinzi y’ikipe y’igihugu Amavubi yihebeye [AMAFOTO]

Turatsinze Jean Claude w’ imyaka 33 yaparamiye imodoka ya Pick up arahanuka abanza umutwe muri kaburimbo