in

Amateka yanditswe: Ikipe iyoboye urutonde rwa shampiyona y’u Rwanda ikomeje guca uduhigo dutandukanye ari nako itanga ubutumwa bukomeye kuri APR FC na Rayon Sports zishaka igikombe

Amateka yanditswe: Ikipe iyoboye urutonde rwa shampiyona y’u Rwanda ikomeje guca uduhigo dutandukanye ari nako itanga ubutumwa bukomeye kuri APR FC na Rayon Sports zishaka igikombe.

Ikipe ya Musanze FC itozwa n’abatoza batatu b’abanyarwanda kuva yashingwa uyu mwaka w’imikino nibwo ibashije gutsinda imikino ibiri ya shampiyona yikurikiranya ibi kandi bikaba bikozwa n’abatoza b’abanyarwanda aribo Mugiraneza Jean Baptiste bakunze kwita Migi, Lumumba ndetse na Imurora Japhet.

Abantu benshi batangiye kubona ko Musanze FC ishobora gutanga akazi ku makipe makuru arimo APR FC ifite igikombe cya shampiyona ndetse na Rayon Sports yatwaye igikombe cy’Amahoro na Super Cup.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Icupa riraryoha koko! Miss Elsa wa Prince Kid arashinjwa ubusinzi kubera ibyo yakoreye mu kirori cye cyo gusezera ku bukumi – Videwo

Aba Rayon bayigoreweho pe! Ikipe ya Rayon Sports yongeye kugaraguzwa agati na Gorilla FC