in

Amashusho y’urukozasoni y’uwahoze ari Perezida w’inteko ishinzwe amategeko yaciye igikuba muri Leta no mu baturage

Amashusho y’urukozasoni y’uwahoze ari Perezida w’inteko ishinzwe amategeko yaciye igikuba muri Leta no mu baturage

Amashusho y’uwahoze ari Perezida w’inteko ishinzwe amategeko muri Leta ya Osun mu gihugu cya Nigeria yatumye abagabo batatu bakatirwa n’urukiko.

Uyu mugabo witwa Timothy Owoeye wahoze ayobora inteko ishinzwe amategeko muri Osun, yafashwe amashusho yambaye ubusa ubwo yari ari mu giturage bivugwa ko yari yagiye kwiha akabyizi.

Ayo mashusho yakoreshejwe n’abasore batatu bamwaka amafaranga agera kuri million 38 zama Nigeria kugirango batayasohora hanze.

Nyuma yo kumutera ubwoba ko barasohora ayo mashusho, aba basore barimo Kazeem Agbabiaka, Rasheed Ojonla na  Babatunde Oluajo, baje gutabwa muri yombi ariko bamaze kuyashyira hanze.

Muri aya mashusho y’amasegonda 13, Bwana Timothy Owoeye agaragaramo yambaye uko yavutse.

Aba basore batatu bakatiwe n’urukiko, bakatiwe gufungwa imyaka 3 buri umwe.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akabati kuzuye ibikombe! Nyuma yo gutaha ibiro bishya, Rayon Sports yamuritse umurundo w’ibikombe imaze kwibikaho (VIDEWO)

Bruce Melodie yateze moto imvura igwa igeze ahugamye abanyeshuri biba ngombwa ko moto ihagarara maze Melodie yanga kujya kugama mu banyeshuri aranyagirwa [videwo]