in

Amashusho y’urukozasoni y’umuhanzi wo muri Nigeria yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga/Reba Video

Uyu musore w’imyaka 24 y’amavuko amazina ye yose ni Ikuforiji Olaitan Abdulrahman yazamutse cyane nyuma yo gusohora indirimbo AWAY, yari yashyizwe ku rutonde rwa Rolling Stone rw’indirimbo 50 nziza za 2020.

Amashusho yerekana uyu muhanzi Oxlade akora imibonano mpuzabitsina n’umukobwa utanzwi yashyizwe ahagaragara binyuze kuri Snapchat ariko iza no kugera kuri Twitter maze isakara gutyo.

Mu myidagaduro yo muri Nigeriya bamenyereye inkuru nkizi z’ibyamamare bifata amashusho bikora imibonano mpuzabitsina, iya Tiwa Savage ni urugero mu ziheruka gushyirwa hanze.

Nk’uko amakuru abitangaza, aya mashusho yagiye ahagaragara, kubera ko uyu muhanzi bivugwa yayihaye inshuti kugira ngo ayereke uburyo yariye umukobwa utarabasha kumenyekana, maze inshuti ye nayo ihita iyishyira kuri interineti.

Gusa nkuko byagenze ku mashusho ya Tiwa Savage ubwo abafana bamunenze btewe nuko yitwaye mu mashusho ye akora imibonano mpuzabitsina, iyi nshuro abafana bagaragaye bashimira umuhanzi Oxlade kubera ukuntu afite ubumenyi mu gukora imibonano mpuzabitsina bagendeye kubyo babonye akora mu mashusho.

Oxlade ni umwe mu bahanzi bakiri bato batanga ikizere mu muziki wa Afurika.

Reba amashusho unyuze hano hasi:

https://twitter.com/aesirgod_/status/1491166986466115586

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: Umukobwa wiyemeje kuzapfana na mama we yakoze abantu ku mu mutima

Urukundo ruracyariho : yateze indege amasaha atandatu yose ashaka gusaba imbabazi umukobwa yihebeye