in

NdabikunzeNdabikunze

Amashusho ya Young Grace agaburira umwana we yashimishije ababyeyi benshi.

Umuhanzikazi Abayisenga Marie Grace uzwi mu muziki nka Young Grace ukunze kugaragariza urukundo rwa kibyeyi umwana we wumukobwa witwa Diamante yagaragaye arimo kurishanwa nawe kunywa jus ndetse amubwira amagambo meza amutera akanyamuneza mu gihe arimo amugaburira.

Uyu muhanzikazi yifashishije urukuta rwe rwa Instagram yashakaga kwereka ababyeyi ko kugaburira umwana akishima kandi akarya afite akanyamuneza ari ukumubwira amagambo meza y’uturingushyo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Evariste washakanye na Mukaperezida ari mu bahatanira ikamba rya Mr Rwanda.

Isi irashaje:umugabo yafashwe aryamanye n’abakobwa be yiregura avuga ko yabigishaga uko zubakwa.