in

Amashusho ya Bruce Melodie ageze muri Leta Zunze Ubumwe z’America aho agiye gukorerayo akazi ke n’abarimo Nick Minaj

Umuhanzi Bruce Melodie yasesekaye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Bruce Melodie yitabiriye igitaramo “Jingle Ball” kizabera mu mijyi ibiri irimo Dallas na Miami.

Uyu muhanzi azahurira ku rubyiniro n’abahanzi barimo Shaggy [Jamaica], Usher [USA], Nicki Minaj [USA] n’abandi bakomeye mu rwego mpuzamahanga.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bishop Mike wa Mount Zion yavuze ko abagore b’abakristo cyane, batiha abagabo babo mu gihe cyo gutera akabariro

Amashusho: Umuhanzi Bruce Melodie yasesekaye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakirwa mu buryo budasanzwe