in

Amashusho: Umuhanzi Bruce Melodie yasesekaye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakirwa mu buryo budasanzwe

Umuhanzi uri mu bagezweho hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo uzwi kw’izina rya Bruce Melodie yasesekaye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Uyu muhanzi agiye kwitabiriye igitaramo “Jingle Ball” kizabera mu mijyi ibiri irimo Dallas na Miami.

Uyu muhanzi azahurira ku rubyiniro n’abahanzi barimo Direal Shaggy [Jamaica], Usher [USA], Nicki Minaj [USA] n’abandi bakomeye mu rwego mpuzamahanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho ya Bruce Melodie ageze muri Leta Zunze Ubumwe z’America aho agiye gukorerayo akazi ke n’abarimo Nick Minaj

Birengagije ko afitanye ubukwe na Pamela! The Ben yataramiye abakunzi be batuye muri Canada maze abakobwa baho barwanira gutunga ifoto ye muri telefone zabo (Amafoto na Videwo)