in

Amashusho Bushali yakiranywe urugwiro muri cya gitaramo kizwiho kuberamo ubusambanyi butigize buba ahandi muri iyi Africa – Amashusho

Amashusho Bushali yakiranywe urugwiro muri cya gitaramo kizwiho kuberamo ubusambanyi butigize buba ahandi muri iyi Africa – Amashusho

Umuhanzi Bushali niwe muhanzi w’umunyarwanda watumiwe mu iserukiramuco rya Nyege Nyege ribera muri Uganda rizwiho kuberamo ibikorwa by’ubusambanyi cyane.

Bushali ubwo yageraga ahagombaga kubera iki gitaramo yakiriwe neza neza. Ndetse uyu muhanzi nyuma yaje gutaramira abitabiriye iri serukiramuco.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Cyakora u Rwanda rumaze guciririka ubone ngo dutsindwe na Somalia”: Abantu bumiwe nyuma y’uko Amavubi akubiswe agakoni ku nda n’ikipe y’igihugu ya Somalia

Yamutakije biramurenga! Umuhanzikazi waririmbye muri iserukiramuco rya Nyege Nyege rizwiho kuberamo ibikorwa by’ubusambanyi yatakijwe n’umubyinnyi we – videwo