in

Amashirakinyoma ku nkuru y’umubikira byavuzwe ko atwite nyuma y’ifoto ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga asa nk’ufite inda

Hashize iminsi mike ku mbuga nkoranyambaga hacicikana ifoto y’umubikira wo mu gihugu cya Cameroon witwa Élisabeth wagaragaye asa nk’utwite yambanye ikanzu y’abihayimana ndetse n’ivara ibintu byavugishije benshi, ubu bikaba byatangajwe ko ari uburwayi amaranye igihe.


Uyu mubikira wo muri Cameroon witwa Élisabeth, byemejwe ko adatwite nkuko benshi babonye iyi foto babiketse, ahubwo ko ari uburwayi amaranye imyaka myinshi.

Nk’uko Ikinyamakuru Masisi News cyo muri DRC dukesha iyi nkuru kivuga ko bamwe mu banyeshuri bigishijwe n’uyu mubikira bababajwe n’ibyamuvuzweho ko atwite, nyamara bazi ko ari uburwayi asanzwe afite ndetse amaranye igihe, bakavuga ko ari ukumutoneka kuri icyo kibazo afite.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Manishimwe Djabel uvuye mu bihano vuba, yazamuye amarangamutima ya benshi nyuma y’ijambo yatuye umuyobozi wa APR FC waraye abasuye

Amakuru meza kuri Davido nyuma yo gupfusha umuhungu we w’imfura