in

Amarira ni yose ku muhanzi Chriss Eazy wagize igihombo gikomeye cyane

Uru Uganda rwa Instagram umuhanzi Rukundo Christian wamamaye nka Chriss Eazy yacururizagaho imyambaro rwibwe n’abajura mu by’ikoranabuhanga (Hackers)

Uyu muhanzi umaze igihe gito atangiye umushinga wo gucuruza imyambaro yise “Ewuana Brand” yatangaje ko urubuga yibwe ari urwa Instagram rwitwaga Ewuana Brabd

“A Lite One” yakomeje aburira abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ko bakwiye kwirinda abo bajura bashobora kurukoresha mu buryo budakwiye burimo kubeshya ko bakigurisha iyo myambaro cyangwa bakabaka amafaranga.

Chriss Eazy kandi yijeje abamukurikira ko we n’ikipe bakorana bari gukurikiranira iki kibazo hafi mu rwego rwo kwirinda ibyaha birimo iby’ubutekamutwe byakorwa n’abibye uru rubuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Heritier Luvumbu yashyize hanze amazina y’abakinnyi badakwiye kuba bakina muri Rayon Sports

Inkuru y’akababaro : Umuhanzi CJ HARRIS witabiriye amarushanwa ya American Idol yitabye Imana