in

Amakuru! Ronaldinho ku butaka bw’u Rwanda

Igihangange mu mupira w’amaguru Ronaldinho Gaucho, yamaze gutangaza ko umwaka utaha azaba ari mu Rwanda hamwe n’ibindi bihangange byamamaye mu mupira w’amaguru.

Ronaldinho Ni umwe mu bakinnyi bagize igikundiro ku isi, aho yamamaye cyane mu ikipe y’igihugu ya Brazil aho yatwaranye nayo igikombe cy’isi.

Mu makipe Ronaldinho yamenyekanye cyane mu ikipe ya FC Barcelona aho yatwariye Ballon d’or ndetse na Champions League n’ibindi bikombe.

Uyu mukinnyi yamaze gutangaza ko azaba ari mu Rwanda umwaka utaha mu gikombe cy’isi cy’abakanyujijeho muri ruhago.

Iki gikombe cy’isi kizabera mu Rwanda kuva tariki 01 kugeza tariki ya 10 Nzeri 2024, kikazitabirwa n’ababarirwa mu 150 bazaba barimo n’abanyarwanda nka Jimmy Gatete.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi wakunzwe n’abatari bake hano mu Rwanda yahinduye amazina ahita afata rutemikitere imujyana gutura hanze y’igihugu

Ukuri k’urukundo ruvungwa hagati ya B_face na Hosy irakoze.