in

Amakuru mashya yihutirwa kuri Dr Kanimba urembeye mu rugo

Ku munsi w’ejo hashize nibwo twabagejejeho inkuru y’uko uyu muganga wamenyekanye mu kubyaza abagore amerewe nabi kubera uburwayi.

Uyu. muganga watabarijwe n’abatari bake bavuga rikijyana ubu ari gushimira abantu bakomeje kwitanga kugira ngo abone ubuvuzi.

Mu kiganiro yagiranye na Sabin, yavuze ko amaze kubona Miliyoni 30 z’amanyarwanda kuri telefone.

Ikisumbuyeho ku rubaga rwa GofundMe ari gufashirizwaho, hamaze kugeraho amadorari ya Australia 31,000.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo risohotse nonaha kandi ryihutirwa ku Bayisilamu bose ndetse n’abavumbyi babo

Kano kanya hasohotse itangazo ryihutirwa ku bantu bose bakora