in

Amakuru mashya, Whatsapp yahagaze ntirimo gukora

BERLIN, GERMANY - FEBRUARY 25: The Logo of instant messaging service WhatsApp is displayed on a smartphone on February 25, 2018 in Berlin, Germany. (Photo by Thomas Trutschel/Photothek via Getty Images)

Urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp rwavuyeho mu bihugu byinshi ku isi, ku buryo abarukoresha batarimo kubasha kohereza cyangwa kwakira ubutumwa.

 

Nubwo ntacyo ikigo Meta kibarizwamo WhatsApp kiratangaza, abayikoresha bakomeje kugaragaza ku zindi mbuga nkoranyambaga ko ubu bari mu bwigunge.

Kugeza ubu ushobora gufungura application ya WhatsApp, ariko nta kindi wakora cyaba kohereza ubutumwa, kubwakira cyangwa kureba status.

WhatsApp ku isi ikoreshwa n’abarenga miliyari 2.2, ikaba rumwe mu mbuga rukoreshwa na benshi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa APR FC wari wahamagawe mu Amavubi U23 ntabwo yajyanye n’abandi muri Mali

Mu mafoto akeye ihere ijisho abanyamakurukazi nyarwanda bavugisha abatari bake kubera ubwiza bwabo buhebuje