in

Amakuru mashya ku munyamakuru Nkundineza Jean Paul uherutse kwibasira Mutesi Jolly none ubu akaba ari i Magererage

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, gukoresha ibikangisho no gutangaza amakuru y’ibihuha yajuririye icyemezo kimufunga iminsi 30 y’agateganyo.

Uyu munyamakuru by’umwihariko akurikiranweho icyaha cyo gutuka Mutesi Jolly, nyuma y’uko Prince Kid akatiwe gufungwa imyaka 5, Nkundineza yikomye Miss Mutesi akoresha amagambo akakaye.

Nyuma y’aya magambo, Nkundineza yahise atabwa muri yombi maze aza no gukatirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo no ubu ari kujurira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umutima wanjye uri kumwenyura kubera uyu mugabo” inkuru ya Dr Kanimba wari urwaye indwara izwi nka ‘Parkinson’ yatumye Mutesi Jolly amwenyura mu mitima

Umugabo w’imyaka 25 yahuriye mu murima w’ibishyimbo na Mukase w’imyaka 49 maze uwo mukase amutema icyiganza yenda kugica