in

Amakuru mashya ku burwayi bwa Celine Dion

Umuryango wa Celine Dion uratangaza ko umuntu wabo araza kumera neza uko iminsi igenda amaze iminsi arwaye.

Umuvandimwe wa Celine Dion yatangaje ko kugeza amagingwa Aya adakeneya imiti ahubwo akeneye kwizera kurusha ibindi byose bishoboka.

Uyu muherwekazi w’imyaka 55 akaba iyi ndwara ayimaranye iminsi akaba ari indwara ifata ibice by’ubwonko ikagutera gucanganyukirwa

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda rwabaye igihugu cya 33 cyakiriye igikombe cy’isi, Menya byinshi ku munsi igikombe cy’isi cyageraga mu Rwanda

Abagore babeshyaga abagabo bakabagerekaho abana bahiye ubwoba nyuma yo kumva ko abagabo bamenye ubwenge bwo kujya gupimisha DNA