in

Amakuru atari meza nagato ku bakunzi b’ikipe ya Rayon Sport igomba gukina na Al Hilal Benghazi muri iri joro

Ikipe ya Rayon Sport ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangarije abakunzi bayo ko kubera impamvu zitayiturutseho, abakunzi bayo ntabwo baribubashe gukurikirana uyu mukino imbona nkubone.

Ibi byatewe nuko ikipe ya Al Hilal Benghazi yasabye CAF ko uyu mukino wakinwa nta mufana uri mu kibuga kubera ko ari nayo yari yakiriye.

Ubu ahantu ho gukurikirana uyu mukino ni kuri Radio gusa kuko na televisiyo Rwanda ishobora kutawunyuzaho.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya ku mutingito ubaye mu Rwanda muri uyu mugoroba

Babashyize igorora! Nubwo bari banze ko umukino wa Rayon Sport uza kwerekanwa, bemeye ahantu hamwe gusa uribuze kureberwa