in

Amakuru agezweho muri siporo: Ikipe ya Chelsea FC imaze gusinyisha umutoza mushya (Ifoto)

Ikipe ya Chelsea FC yo mu gihugu cy’Ubwongereza imaze gusinyisha umutoza mushya witezweho kuyigarura mu bihe byiza.

Umutoza ukomoka mu gihugu cya Argentina wahoze utoza ikipe ya Tottenham witwa Mauricio Pochettino niwe wamaze kugirwa umutoza mushya w’ikipe ya Chelsea FC imaze iminsi ititwara neza muri shampiyona y’igihugu cy’Ubwongereza Premier League.

Mauricio Pochettino yasinye amasezerano y’imyaka ibiri ashobora kongerwaho undi mwaka umwe bikaba biteganyijwe ko uyu mutoza azatangira akazi tariki 01 Nyakanga 2023.

Ifoto y’umutoza mushya w’ikipe ya Chelsea FC:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Burya afite akabaraga sha!” Clapton Kibonke yagaragaye ahetse umugore we umurusha ibiro byinshi urukundo ari rwose – AMAFOTO

Abahungu ntibakina bayikoreyemo igikwe! Bruce Melodie, Elements na Ross Kana bakoreya amashusho muri ya nzu y’agatangaza iri mu Rwanda ku mazi (VIDEWO)