in

Abahungu ntibakina bayikoreyemo igikwe! Bruce Melodie, Elements na Ross Kana bakoreya amashusho muri ya nzu y’agatangaza iri mu Rwanda ku mazi (VIDEWO)

Bruce Melodie, Elements na Ross Kana barongoreye muri ya nzu y’agatangaza iri mu Rwanda ku mazi.

Mu nteguza y’amashusho y’indirimbo Fou De Toi ya Bruce Melodie, Elements na Ross Kana bigaragara ko bayafatiye muri Château La Marara.

Mu bigize ayo mashusho, bigaragara ko hari ubukwe buba bwabereyemo aho Bruce Melodie na Elements baba bari kunyanyagiza ibyo kunywa mu batumirwa.

Iyi ndirimbo irajya hanze kuri uyu munsi saa kumi n’ebyiri zuzuye.

Château Le Marara’ ihereye mu Kagari ka Kibuye, Umurenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi. Ni inyubako ifite umwihariko w’iz’i Burayi kandi ni yo ya mbere mu ziteye gutyo ku butaka bw’u Rwanda.

VIDEWO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho muri siporo: Ikipe ya Chelsea FC imaze gusinyisha umutoza mushya (Ifoto)

Hari aho basomanye bakinzeho ikiganza! Mu mafoto amaso yawe atigeze abona, reba uko umuhango w’ubukwe bwa Bienvenue Redemptus wagenze