in

Amakuru agezweho kuri Mama Nick wo muri filime City Maid wababaje benshi kubera uburwayi yatewe n’impanuka yakoze

Nyuma y’uko Mukakamanzi Beata uzwi muri filime ya City maid nka Mama Nick asabiwe ubufasha bwo kwivuza uburwayi yatewe n’impanuka yakoze y’igare, ubu amashimwe ni yose kuko yakorewe ubuvugizi akaba agiye kuvurwa.

Amakuru dukesha Murangira Sabin, yavuze ko Mama Nick yamubwiye ko amaze kwakira amafaranga asaga miliyoni eshatu, GoFundMe imaze kujyaho hafi amadorari y’amanyamerika 1800.

Ngo ubu yaraye mu bitaro, aho biteganyijwe ko azabagwa ku wa Gatatu tariki ya 18 Ukwakira 2023.

Ushaka kumufasha wabinyuza kuri numero ye +250788222380 (Mukakamanzi Beata), kuko kugira ngo avurwe hasabwa miliyoni 8 Frw.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakunzi b’akaboga bafashwe ku munwa! Muri Rulindo abaturage bari kwifuza inyama kandi bafite ayabo

Birabe ibyuya! Biravugwa ko Bruce Melodie yakoreye impanuka i Gikondo ari muri ya Brabus ye