in

Amakuru agezweho: Gacinya Deny Ferwafa iramushinja ubunyangamugayo

Gacinya Chance Deny wari wemerewe n’akanama nyemurampaka kwiyamamariza kuba Visi Perezida wa kabiri wa Ferwafa yamaze kongera kwangirwa kwiyamamariza uyu mwanya n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa.

Umugabo wabaye Perezida wa Rayon Sports yongeye kwangirwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa nyuma y’iminsi mike cyane akanama k’ubujurire ka komisiyo y’amatora kemeje ko Gacinya afite ukuri gusa yongeye kwangirwa ashinjwa kuba atari inyangamugayo.

Ibaruwa:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamasheke: Umwalimu yishwe ajanjaguwe agahanga nyuma yo kugura icupa ry’urwagwa akima umuturanyi we wari waje gutega imireko

Ya marushanwa yo gutera akabariro yari ategerejwe na benshi yajemo kidobya ku munota wa nyuma