in

Amakuru agezweho: Gacinya Deny wigeze kuyobora Rayon Sports yamaze kwemererwa ibintu yari yarajuririye

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports Gacinya Deny nyuma y’iminsi yangiwe kuyimamariza kuba visi Perezida wa kabiri wa Ferwafa yamaze kongera kubiherwa uburenganzira.

Akana k’ubujurire ka komisiyo y’amatora kamaze kwemeza ko Perezida w’ikipe ya Gorilla FC wigeze no kuyobora ikipe ya Rayon Sports Gacinya Chance Deny afite ukuri kandi yemerewe kongera kwiyamamariza kuba Visi Perezida wa kabiri w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byabaye ibindi bindi: Dj Brianne wanenze bikomeye ibyo yumviye mu rusengero rwa Pasiteri Mignone bigatuma ataha adafashijwe bamusubije

“Sinzi niba ari bubashe kubona ibingibi” Irene Murindahabi ku isabukuru ye yavuze uburibwe umubyeyi we ari gucamo amarira azenga mu maso – VIDEWO