in

Amakipe yose yo muri Premier League yaciriye urwa Pirato Manchester city, bayifatire ibihano bikakaye

Amakipe yo muri Premier League biravugwa ko ashaka ko Manchester City imanurwa mu cyiciro cya kabiri nihamwa n’ibyaha byo kwica amategeko 100 agenga kugura no kugurisha abakinnyi.

Abayobozi b’amakipe ya Premier League barashaka ko City ihanwa by’intangarugero igihe cyose yaba ihamwe na biriya byaha byavuzwe ejo nyuma y’imyaka 4 ikorwamo iperereza ku bijyanye no kwica amategeko ya FFP.

City ishinjwa ibyaha birimo guhisha aho ikipe ikura umutungo,kugaragaza igice imishahara y’abakinnyi n’uwahoze ari umutoza wayo Roberto Mancini.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barambiwe kumwihanganira! Haringingo Francis asigaje umukino umwe gusa uzagena ahazaza he muri Rayon Sports

“Ni igitekerezo kibi kongerera Messi amasezerano” Paris Saint Germain yahawe ubutumwa